in

NdababayeNdababaye

Ubuzima bw’umuhanzi Jose Chameleone buri mu mazi abira.

Umuhanzi ukomoka muri Uganda, Jose Chameleone akomeje kurembera mu bitaro, nyuma yo kujyanwa kwa muganga atameze neza.Ikinyamakuru the Standard media cyatangaje ko umuhanzi Joseph Mayanja uzwi ku izina rya Jose Chameleone arembye cyane kandi akaba aryamye mu bitaro bya Nakasero i Kampala.

Nk’uko byatangajwe n’umwe mu batwara Chameleon witwa Stuart Kagolo ko yinjiye mu bitaro byo mu gace ka Seguku ku wa kane, tariki ya 19 Kanama 2021, mbere yo kujyanwa mu bitaro bya Nakasero i Kampala.

Nkuko kandi byatangajwe na Dembe FM mu kiganiro cya mu gitondo nuko Chameleone ashobora kuba arwana n’indwara ijyanye n’umwijima kubera kunywa cyane ibinyobwa bisindisha no kunywa itabi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ingeso zitari nziza zishobora gushyira iherezo ku rukundo rw’abashakanye.

Musore, niba utiyizeye ku ikofi ntuzirushye utereta umukobwa nk’uyu.