in

Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC bumaze gutakambira abakunzi b’iyi kipe bubasaba gukora igikorwa gishobora gutuma iyi kipe isubirana icyubahiro yahoranye

Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC bumaze gutakambira abakunzi b’iyi kipe bubasaba gukora igikorwa gishobora gutuma iyi kipe isubirana icyubahiro yahoranye.

Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC bwifashishije imbuga nkoranyambaga z’iyi kipe bumaze gusaba abakunzi b’iyi kipe kuzitabira umukino uzabahuza n’ikipe ya Musanze FC ikomeje kuyuboza andi makipe inkoni y’icyuma dore ko mu mikino yose iyi kipe imaze gukina muri shampiyona y’u Rwanda nta mukino n’umwe iratakaza.

APR FC igiye gukina na Musanze FC iyoboye urutonde rw’agateganyo rwa shampiyona y’u Rwanda mu mukino w’ikirarane wari wasubiswe kubera ko APR FC yari mu mikino ya CAF Champions League.

APR FC izakina na Musanze FC ku wa Gatanu saa 18h:00 kuri sitade ya Kigali Pele Stadium.

 

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Theo Bosebabireba yavuze ukuntu yandujwe SIDA akamara amezi atatu adasinzira

Ingagi zisigaye zizi ubwenge! Umukobwa yagiye mu bukera rugendo gusura Ingagi agezeyo iramutereta ubundi ikajya yikandira amanyonyo ikajya imuha n’ibibizu – videwo