in

Ubuyobozi bwa Rayon Sports bweruye buvuga ikibazo cyugarije ikipe yabo

Ubuyobozi bwa Rayon Sports binyuze mu munyabanga wayo, Namenye Patrick, bweruye buvuga ikibazo cyugarije iyo kipe buyobora.

Muri iyi minsi ku mbuga nkoranyambaga hamaze igihe hacicikana amakuru avuga ko, Rayon Sports yaba yugarijwe n’ikibazo cy’amikoro ku buryo iyo kipe ngo imaze amezi atatu idahemba abakozi bayo.

Uyu munsi bwana Namenye Patrick, umunyamabanga w’iyo kipe aganira na radiyo Rwanda yeruye avuga ko iyi kipe Koko ifite ikibazo cy’amikoro ko ndetse ifitiye umwenda w’imishihara y’amezi abiri abakinnyi bayo. Patrick kandi yavuze ko Rayon Sports atariyo ikennye gusa ari ikibazo cy’ugarije amakipe yose.

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Kabasele ya mpanya
Kabasele ya mpanya
1 year ago

Ahubwo se ni hehe hatari ubukene ko COVID 19 yasize icyuho ahantu hose. Abavuga bajye bivugira! Ntawe ubuza inyombya kuyomba.

Amakuru atari meza asohotse kano kanya ku ikipe ya Rayon Sports yari ihanganye n’Intare Fc

Rayon Sports yagize icyo ivuga ku kuba yaba yakuwe mu irushanwa