in

Ubutwari buraharanirwa! Abantu bemeye gushyira ubuzima bwabo mu kaga bakajya gutabara abantu, bakomeje gushimirwa byimazeyo (AMAFOTO)

Mu rukerera rwo ku wa Gatatu nibwo imyuzure n’ibiza byatewe n’imvura yaguye mu ijoro ryo ku wa Kabiri byari biri kwangiza ndetse no kwica abantu.

Itsinda ry’ubutabazi ryazindukiye mu bikorwa byo gutabara gusa bakihagera ntibisanze bonyine ahubwo babonye n’abakorerabushacye babafashije gutabara imbaga y’abaturage.

Aba bakorera bushacye bemeye gushyira ubuzima bwabo mu kaga kugira ngo barokore ubuzima bw’abandi.

Rwanda Red Cross ishinzwe ubutabazi, yashimiye byimazeyo abakorerabushacye bemeye gukora nta kiguzi bahawe bagatabara abanyarwanda bari bari mu kaga.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ahora ari mushya! Chiffa wakundanaga na Yvan Buravan witahiye yongeye gushimangira uburanga bwe buhebuje (IFOTO)

Harimo n’ubugome: Ngoma bari korozanya agakoko gatera SIDA kubera uburaya bukabije ndetse hari ababikorana ubugome bukabije