in

Ubutumwa bugenewe buri kipe yose yo mu cyiciro cya mbere! FERWAFA yatangiye kuvugutira umuti ikibazo cy’umupira w’amaguru mu Rwanda

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) rigiye gutangiza igikorwa kigamije gutegura abakinnyi beza b’abanyarwanda.

Binyuze mu butumwa buri mu ibaruwa FERWAFA yandikiye amakipe yo muri shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda, aho asabwa gutangiza imikino y’abana bato.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Baguye mu kantu ubwo bazindukanaga abana bobo ku ishuri bagasanga rifungishijwe ingufuri y’umutamenwa

Yyes waru ufite imyaka 27 asezeye burundu ku gukina umupira w’amaguru