in

Ubushakashatsi bwagaragaje ukuntu Abanyarwanda bakunda agasembuye ku rwego rwo hejuru

Ubushakashatsi bwa kabiri Minisiteri y’Ubuzima yamuritse bwakozwe ku ndwara zitandura mu Rwanda, bwerekanye ko kunywa inzoga byiyongereyeho 6.8 mu myaka icyenda ishize nka kimwe mu byongera ibyago byo kurwara indwara zitandura.

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 30 Kamena 2023, nibwo hamuritswe ubwo bushakashatsi.

Muri ubu bushakashatsi bwerekana ko kunywa inzoga mu 2013 byari kuri 41.3%, bikaba bigeze kuri 48.1%.

Bugaragaza ko umubyibuho ukabije wavuye kuri 2.8% muri 2013 ukaba ugeze kuri 4.3% muri 2022.

Ubushakashatsi bwo muri 2022 ko mu banywa inzoga abagabo ni 61.9% mu gihe abagore 34.%.

Intara yiganje kugira abanywi b’inzoga ni iy’Amajyaruguru aho bari ku kigero cya 56.5%, iy’Amajyepfo nayo ni 51.6%,Iburengerazuba ni 46.5%, iy’Iburasirazuba ni 43.9%, Umujyi wa Kigali 42.0%.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma y’amajwi yaka ‘Happiness’ hari andi majwi yazanywe mu rukiko bituma urubanza rwa Prince Kid rusubira ibubisi

Itike ya sezo y’ikipe ya Rayon Sports yashyizwe kuri Milliyoni 5 z’amanyarwanda