in

Ubushakashatsi bwagaragaje ibibi byo kwiga cyangwa se Negative effects of Education (English and Kinyarwanda) 

Ni ubushakashatsi bwagaragajwe n’ibigo bitandukanye byandika ibitabo byifashishwa mu masomo ya buri munsi, yaba mu Rwanda ndetse no hanze yarwo.

Ese wakwibaza ngo ubirezi ni izihe ngaruka mbi bugira kuri sosiyete, biragoye kubyiyumvisha, ariko numara gusoma ndetse no kureba videwo iri hasi uribusobanukirwe neza.

Ikitonderwa : iyi nkuru ishingiye ku byanditse mu bitabo bya leta byifashishwa mu kwiga Economics mu mashuri y’isumbuye.

English and Kinyarwanda 

Education may cause balance of payment problem because the educated tend to copy and buy expensive things from abroad (bituma igihugu kigura ibintu byinshi gikuye mu mahanga kurenza ibyo kijya gucuruza yo)..

 

It may cause unemployment especially theoretical education which produces job seekers than job creators. (bituma habaho umubare munini w’abashomeri kubera ko uburezi burema abakozi bajya gushaka akazi kurenza uko burema abatanga akazi, ibyo bigatuma abashaka akazi baba benshi kurusha akazi ahari).

 

Education causes rural urban migration as the educated seek better opportunities in the urban centres. Excess migrations lead to open urban unemployment.(uburezi butumwa habaho kwimuka cyane kw’abaturage birundira mu mujyi kubera gushaka ahari uburezi ufite ireme).

 

There is social discrimination among the educated and the uneducated as the educated see themselves as superior.(uburezi butuma habaho ivangura ryo muri rubanda, kuko akenshi usanga abantu bize bironda kuko baba biyumva mo ko barenze bigatuma baha akato babandi batize).

Education accelerates income inequality since the educated will acquire better paying jobs than the uneducated. (Uburezi butuma habaho icyuho kinini cyubusumba bwibyo rubanda binjiza, umuntu wize yinjiza menshi kurenza utarigize yiga, ibyo ari nabyo bitera ubusumbane mu iterambere ry’igihugu cyangwa se icyo twakwita Dualism ).

It may lead to brain drain in search for employment opportunities abroad after failing to get employment home.(uburezi butuma habaho kwimukaba ubumenyi, rimwe na rimwe hari ubwo usanga umuntu yarize ariko akabura akazi iwabo, bigatuma ajya kugashaka mu bindi bihugu. Hari ubwo usanga agezeyo agahurirayo n’ibibazo bigashyira umutwaro ku gihugu).

Muri iyi videwo ibi byose turabisobanura neza kuburyo ntamatsiko usigarana . Kurikira ikiganiro witonze.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa w’ikizungerezi yasohowe mu birori amaguru adakora hasi nyuma y’amahano yari amaze gukora(AMAFOTO)

Dore uburyo wakosora ubutumwa bwa WhatsApp wanditse ugashyiramo amakosa utabizi ndetse n’uwo wandikiye ntabimenye ko wari wibeshye