in

Uburyo bushya bwo kwifotoza Davis D yadukanye i Kigali bukomeje kuba nka Virus dore ko bufite n’izina ryihariye(AMAFOTO)

Uburyo bushya bwo kwifotoza Davis D yadukanye i Kigali bukomeje kuba nka Virus dore ko bufite n’izina ryihariye(AMAFOTO)

Umuhanzi David D ukunze kwiyita umwami w’abana yongeye kwigarurira imbuga nkoranyambaga kubera uburyo bwo kwifotoza asutaraye yadukanye akabwita ‘Mboo’

 

Bwa mbere yabanje gusetsa abatari bake ubwo yashyiraga ifoto ye hanze yambaye imyenda itangaje isa niyishaje ndetse ari kumwe n’umunyarwenya Dogiteri Nsabi uzwi muri Filime z’urwenya zitandukanye.

Nyuma yicyo gihe bamwe mu bahanzi nka Bulldogg ndetse n’abandi banyamakuru bakomeje kwifotoza muri ubu buryo budahwema gutangaza benshi.

Gusa unaze akajiisho mu bitekerezo by’ababonye amwe muri aya mafoto ni ibitwenge ndetse no gutangarira ubu buryo.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Karara
Karara
1 year ago

Ibi se bimaze cg byunguye iki mu banyarwanda ? Muba mwanyweye itabi ryinshi kabsa

Rutahizamu Leander Onana wakiniraga Rayon Sports yashimiye mu mugenzi we bakinanye muri iyi kipe nawe wamaze kuyivamo

Aje guhindura byinshi! Amakipe atangiye kwimwenyuza kubera inkuru nziza umuyobozi mushya wa Ferwafa yatangaje