in

“Ubaye inganzwa ukubaka neza haricyo bitwaye” Umukinnyikazi wa filime ugezweho mu Rwanda yagiriye inama abagabo batinya kuba inganzwa z’abagore babo aho yaberetse ubutunzi bungana nk’izahabu bwihishe inyuma yo guca bugufi ibi bifatwa nko kuba inganzwa

“Ubaye inganzwa ukubaka neza haricyo bitwaye” Umukinnyikazi wa filime ugezweho mu Rwanda yagiriye inama abagabo batinya kuba inganzwa z’abagore babo aho yaberetse ubutunzi bungana nk’izahabu bwihishe inyuma yo kuganduka.

Ibi yabivuze mu kiganiro yagiranye na ISIMBI TV ku muyoboro wa YouTube.

Ari mu kiganiro kuri iyo shene, umukinnyi wa Filime nyarwanda, Pascaline wamenyekanye muri filime y’uruhererekane Inzozi yabwiye abagabo icyatuma wubaka neza.

Yavuze ku kintu cy’uko umugabo iyo aciye bugufi birangira abaye inganzwa, aho yagize ati: ” Ubaye inganzwa ukubaka neza, usibye ko atari n’inganzwa nk’uko babyita. Uzi ukuntu buriya abagabo baca bugufi bubaka neza.”

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo wakuranye inzozi zo kuzaba imbwa byarangiye yishyuye akayabo ahindurwa imbwa

“Onana yari azi icyo gukora, abo dufite uyu munsi ntabyo bafite” Umutoza mushya wa Rayon Sports byatangiye kumucanga ni uko maze atangira gutereka inkono ishyushye ku bakinnyi yaguriwe aho ari kubagereranya na Onana atigeze atoza