in

Ubanza akuze: Anita Pendo yabwiye amagambo ahambaye umunyamakuru Gitego ku isabukuru ye y’amavuko

Umushyushya rugamba akaba n’umunyamakuru Anita Pendo yatangaje amagambo akomeye ku isabukuru y’amavuko ya mugenzi we w’umunyakuru uzwi ku izina rya Gitego.

Uyu munsi tariki 21 Mata 2023 nibwo umusore w’umunyakuru ukora kuri televiziyo y’igihugu mu bijyanye n’imyidagaduro yagize isabukuru y’amavuko maze Anita Pendo basanzwe bakorana mu biganiro bitandukanye harimo ikizwi cyane ku izina rya’ Mwoto mwoto’ kinyura kuri televiziyo Rwanda bakora bari kumwe na Dj Bisoso.

Anita Pendo yabaye inkwakuzi mu kwifuriza Gitego isabukuru nziza y’amavuko maze agira ati:” Isabukuru nziza y’amavuko umutipe ugire ubuzima burambye” maze arongera ati:” Dutegereje umukuzana”.

Aya niyo magambo Anita Pendo yatangaje ku isabukuru y’amavuko ya Gitego bigaraza ko igihe kiza cyogushaka umufasha kuri Gitego cyageze dore ko abakunzi be batangiye kubimwisabira.

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Noneho barabasenyera! Harry Maguire na mugenzi we bakoranye amabara, bari gukarangwa n’abafana baraye bahemukiye (AMAFOTO)

Imana ica inzira! Amashusho ya The Ben yo muri 2013 ari kubyinira abafana be imbyino ziteye ukwazo, yatumye bamwe bemera ko Imana ica inzira (VIDEWO)