in

U Rwanda ruyoboye itsinda C ry’amakipe y’ibihugu ari guhatanira kujya mu gikombe cy’Isi cya 2026

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi na Zimbabwe nizo zabimburiye izindi ziri mu itsinda rya C umukino warangiye ikipe zombi zinganyije 0-0.

Byatumye izi kipe zigabana amanota, buri yose itwara inota 1 bituma u Rwanda ruza imbere ku rutonde mu gihe andi makipe ari muri iri tsinda yo atarakina.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Haringingo Francis ugiye guhangana na Rayon Sports mu ikipe agiye gutoza yahawe inshingano zikomeye kandi ziteye ubwoba benshi bibaza igitumye agaruka

Abasore n’inkumi bo muri iyi minsi bafite ikimwaro k’iwabo ‘Scovia’ – videwo