in

“Twageze aho tumujyana n’i Ndera kuko twari tuzi ko yagize akabazo” Umubyeyi wa Isimbi Noeline yavuze ko aterwa ipfunwe ryuko ukobwa we akina filime z’urukozasoni ndetse kandi yanavuze ko ingeso yo kwiyandarika yayitangiye akiri umwana muto

Umubyeyi wa Isimbi Noeline yatangaje ko agira ikimwaro n’ipfunwe iyo yumvise abavuga ko umukobwa we akora akazi ko gucuruza amashusho ye y’urukozasoni.

Uyu mubyeyi witwa Mirimo Paul akaba Se wa Isimbi Yvonne atuye mu karere ka Rwamagana. Mu kiganiro yagiranye na Kasuku Media, Se wa Isimbi yagize ati “Isimbi ni umwana wanjye yitwaga Mirimo Simbi ariko aza kurihindura yiyita Isimbi Yvonne na Noeline byose. Uriya mwana twaranabanaga kuko nyina yari yarabataye ku mpamvu tutumvikanyeho.”

“Nahise mbajyana kuba ku mubyeyi wanjye [Nyirakuru], musaza we akomeza gukurikira amashuri gusa we akagira amakosa menshi ku buryo bahoraga bahamagaza mama. Muri make yarajijishaga akavuga ko agiye kwiga ariko ntagereyo, rimwe na rimwe akavuga ko nta babyeyi anagira niho byahereye. Yakundaga kwisanzura.”

“Abantu bambwira ko akora akazi ko gukina porono kandi nanjye narabyiboneye. Ntabwo nabona umutima wo kureba filime akina ariko musaza we numva abikurikirana. Njyewe bintera ikimwaro iyo numva akora biriya bintu. Hari abadatinya no kunserereza ngo umukobwa wawe akina porono.”

Mirimo Paul yakomeje avuga ko ibyo Isimbi yakoraga byose atabitewe n’ubukene kuko iwabo bari bafite amikoro doreko se yivugira ko yahoze mu gisirikare kandi umuryango umeze neza ku mikoro.

Ati “Ibintu byose yabirengagaho ukabona aririrwa azerera mu bipangu ukuntu. Twageze aho tumujyana n’i Ndera kuko twari tuzi ko yagize akabazo. Si ibyo gusa ahubwo hari n’abageragezaga no kumusengera tuzi ko ari amadayimoni yamuteye.”

Yakomeje avuga ko Isimbi no mu bwana bwe yazanaga abagabo mu rugo nubwo yari umwana agakunda kubipfa na Se.

Ati “Uriya mwana yazanaga abagabo afite n’imyaka 10 akavuga ngo barigana. Na n’uyu munsi nta kintu amfasha ngo naramukubitaga cyane ariko nagiraga ngo azavemo umuntu muzima. Hari igihe umuntu yandabuye ndabafata nsanga umuhungu yamaze gukuramo n’isengeri. Icyo gihe yaransunitse nikubita hasi.”

“Nahagurukanye umujinya mukubita umutwe bahita bamfunga icyumweru kimwe kuko nakubise umwana. Nararambiwe ngeraho musaba kujya kubikorera iyo hirya aho ntazi. Bakomeje kumusengera ariko umuzimu afite urarenze.”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Kigingi
Kigingi
11 months ago

Bigaragara koko ko yatangiye kera. Mu gihe abandi babarongora bakerekana ko bababara we bamushyiramo umuhini ukabona ntaho umugera ntawumva namba.

Igitego Rayon Sports yari yatsinze bakacyanga benshi bakomeje kwibaza icyo iyi kipe irimo gupfa n’abasifuzi, Nawe Reba amashusho

Atariho ivumbi: Umutoza mushya wa Rayon Sports yamenyekanye