in

Tugiye kunogonora uwahuhutse! KNC yajombye ibisongo mu bikomere by’abafana ba Kiyovu Sports bamaze iminsi batuka Mvukiyehe Juvenal

Tugiye kunogonora uwahuhutse! KNC yajombye ibisongo mu bikomere by’abafana ba Kiyovu Sports bamaze iminsi batuka Mvukiyehe Juvenal

Kuri munsi wejo ku cyumweru ikipe ya APR FC yatsinzwe irushwa cyane n’ikipe ya Gasogi United mu mukino wa gishuti ariko ikipe ya APR FC yari yakoresheje abakinnyi benshi batabona umwanya wo gukina kubera ko abandi bari mu ikipe y’igihugu.

Nyuma y’umukino KNC yaje guha ubutumwa abakunzi b’ikipe ya Kiyovu Sports abamenyesha ko bagomba kuzaza gushyigikira ikipe yabo kuko ngo ntibayitererana ishobora kunogoka kandi umurwayi ngo iyo arembye yitabwaho kugirango yongere kuzanzamuka.

Kakooze Nkuriza Charles ibi yabitangaje kugirango yereke abafana ko bakwiye kuza Kureba umukino uri kuri uyu wa gatanu uzahuza ikipe ya Gasogi United n’ikipe ya Kiyovu Sports w’umunsi wa 4 wa Shampiyona y’u Rwanda.

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Niwe mukinnyi ukina muri Rwanda Premier League uzagaragara mu mikino y’igikombe cy’Afurika: Umunyezamu w’ikipe ikomeye cyane mu Rwanda ikipe ye y’Igihugu yaraye ikatishije itike yo kujya muri CAN

Byose yabishyize hanze! Dj Sonia uzwiho kugira imyambarire ivugisha abatari bake yongeye kurikoroza kubera amafoto yashyize hanze ku munsi w’isabukuru ye – AMAFOTO