in

Troy Nyoni yihakanye igihugu akomokamo avuga ko atazi uko gisa naho giherereye

Umusore muto w’imyaka 16 Troy Nyoni yatangiye kugarukwaho n’ibitangazamakuru bitandukanye ubwo yagaragaraga mu mukino wa FA cup ikipe ya Liverpool FC ikina na
Southampton yinjiye ku munota wa 77 asimbuye Harvey Elliott maze akina mu mwanya wa Mohamed Salah

Nyuma yaho amakuru yaje kumenyekana ko avuka ku babyeyi bakomoka muri Afurika mu gihugu cya Zimbabwe.

gusa nyuma uyu musore aganirinzwa yavuze ko atazi igihugu cya Zimbabwe ndetse atazi naho giherereye kuko we ngo ari umwongereza.

ati” Nkomoka mu Bwongereza zinzi nuko muri Zimbabwe hasa ntago nari najyayo ntanisano dufitanye na Zimbabwe”.

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma yo gukora imyitozo ya nyuma, Rayon Sports imaze gutangaza abakinnyi 4 batazakina umukino ifitanye na APR FC – AMAFOTO

Mu marira menshi cyane, Nyambo Jesca yibutse urukundo mama we amukunda maze asuka amarira ku munsi mpuzamahanga w’Abagore – VIDEWO