in

Tom Close yujuje inzu y’agatangaza(amafoto)

Umuhanzi w’umunyarwanda akaba n’Umuyobozi w’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe guta amaraso, Tom Close yujuje inzu y’agatangaza iherereye mu Karere ka Bugesera.

Dr Muyombo Thomas, uzwi nka Tom Close ari mu bahanzi bake bujuje inzu z’akataraboneka mu Karere ka Bugesera ahazwi nko mu karumuna.

Ni inyubako nini ariko itageretse, yihariye mu myubakire yayo, isize amarangi y’urwererane, ikazengurukwa n’igipangu cyubakishije amabuye y’amakoro ava aboneka mu gace k’ibirunga.

Ni inzu bigaragara ko yatanzweho amafaranga atari make, gusa ntabwo ari igitangaza ku muntu nka Tom Close wakoreye amafaranga avuye mu mpande nyinshi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rutahizamu wa AS Kigali n’umukunzi we baritegura imfura yabo.

Inyubako 10 za mbere zihenze i Kigali n’agaciro kazo