in

Titi Brown wari witabiriye igitaramo cy’urwenya cya Gen-Z Comedy Show bwa mbere, yahakuye amafaranga ndetse n’ibyishimo (Amafoto na Videwo)

Mu ijoro ryo kuri uyu Kane tariki 16 Ugushyingo 2023, ku nshuro ya mbere nibwo Titi Brown yitabiriye igitaramo cy’urwenya cya Gen-Z Comedy Show nyuma yo kugirwa umwere.

Fally Merci uyobora iki gitaramo, yatunguwe no kubona Titi Brown muri iki gitaramo, maze ahita amuhamagara ku rubyiniro amusaba gusuhuza abacyitabiriye.

Merci yahise asaba abitabiriye kuremera umuvandimwe mu rwego rwo kumugaragariza urukundo.

Titi Brown nawe yakozwe ku mutima n’urukundo yeretswe n’abakunzi b’urwenya bamuremeye bamuha amafaranga menshi mu rwego rwo kumwakira, ndetse kandi ataha yishimye kubera inzenya z’abanyarwenya bari bari kubasetsa.

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyari ubukwe bishobora kuba ari Filime! Kanimba na Soleil bamamaye muri Bamenya bakomeje gushyira urujijo mubakunzi babo – AMAFOTO

Meya w’Akarere ka Rutsiro yandikiye ibaruwa buri muyobozi w’ishuri ryo muri aka karere ababuza kongera kurya ku biryo by’abanyeshuri