in

Tidjara Kabendera yavuze ibigwi umugabo we.

Tidjala Kabendera wamenyekanye mu biganiro bya RBA yabwiye umugabo we amagambo meza y’urukundo avuga ko ibyo burya amukundira bitabarika gusa byose abishobozwa n’Imana.

Uyu mubyeyi wakoze itangazamakuru igihe kinini by’umwihariko mu myidagaduro ari mu rukundo n’umugabo we wa Kabiri witwa Abdul Nas Kangezi ukomoka mu gihugu cya Tanzania.

Tidjala yashyize kuri Instagram  ifoto yabo bombi maze yandikaho ati:‘‘Ubundi Zahabu isa neza kdi irahenze ariko kugirango igere hariya uyibonamo kariya gaciro:Bayicukura mu byondo,bakayinyuza mu muriro!ubundi ikitwa Zahabu’’.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umugeni yagaragaye mu isura iteye urujijo ku munsi w’ubukwe bwe.

Havumbuwe umuntu ushaje cyane ku isi kurusha abandi.