in

Thomas Tuchel agiye kugaruka gutoza mu bwongereza ikipe ihabwa amahirwe yo gutwara igikombe

🗣️Amakuru dukesha ikinyamakuru Evening standard aravuga ko nyuma yuko Antonio Conte atari kwitwara neza, mu ikipe ya Totenham umuherwe w’ino kipe Daniel Levy ngo yaba yatangiye gutekereza ku mutoza Thomas Tuchel uheruka kwirukanwa muri Chelsea.

Tuchel ngo yanze kuva mu bwongereza kuko yari yizeye ko igihe icyo aricyo cyose yasimbura Gareth Southgate gusa biza kwanga, ngo ubu ategerejwe muri Totenham.

Thomas Tuchel akiza yahise ahesha Chelsea igikombe cya Champions league gusa nyuma y’uko ikipe ibonye ba nyirayo bashya, bahise bamwirukana.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Mu marira menshi, Nyambo yavuze icyo yakoze ubwo yasangaga umukunzi we arimo amuca inyuma mu buriri abantu barumirwa

Mageragere: Ahari kubakwa umuhanda wa kaburimbo habereye impanuka y’imodoka yo mu bwoko bwa HOWO nindi itwara abagenzi