in

The Ben:ubuzima bwe iyo atari gukora ibimushimisha

Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka the Ben, ukunzwe cyaneΒ  hari bimwe mu bintu by’ingenzi utari umuziho nyuma y’ubuzima bw’umuziki.

The Ben wakuze akina umupira w’amaguru hagati mu kibuga ku munaniΒ  burya umutima ukunda cyane amashitani atukura ndavuga ikipe ya Manchester United,yatangaje ko ariyo kipe akurikirana cyane ikindi utaruzi kuri The Ben yakuze y’umva azaba umukinnyi wa ruhago ukomeye nka Christian Ronaldo,avuga ko ari we mukinnyi wa mbere ku isi.

Tiger B ngo iyo atari mukandi kazi umukino akurikirana kurusha indi ni Basketball,afana ikipe ya Lakers iyo yatakajeΒ  umukino ngo kurya biranga, umukinnyi akunda yavuzeko ari nyakwigendera kobi
Bryant.

Ikindi wamenya ku cyamamare The Ben yakuze akunda gusenga cyane kandi yanaririmbaga muri korari nubwo yaje gukura akaririmba indirimbo zo ku isi,ariko acishamo agahanga uturirimbo tw’Imana.

The ben aryama amasaha macye cyane,kuko ikindi gihe akimira ari guhiga imiberaho nkuko tw’ese biba bimeze.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Kayitesi Leatitia
Kayitesi Leatitia
1 year ago

I love Tiger B β€οΈπŸ€ŽπŸ’œπŸ™πŸ’™πŸ’šπŸ’›πŸ§‘πŸ€πŸ–€

Rutahizamu wa Rayon Sports akomeje guteza umwuka mubi nyuma yo kurwanira Penaliti

Umusore yambitse impeta inkumi bahuriye ku mbuga nkoranyambaga (AMAFOTO)