Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka the Ben, ukunzwe cyaneΒ hari bimwe mu bintu by’ingenzi utari umuziho nyuma y’ubuzima bw’umuziki.
The Ben wakuze akina umupira w’amaguru hagati mu kibuga ku munaniΒ burya umutima ukunda cyane amashitani atukura ndavuga ikipe ya Manchester United,yatangaje ko ariyo kipe akurikirana cyane ikindi utaruzi kuri The Ben yakuze y’umva azaba umukinnyi wa ruhago ukomeye nka Christian Ronaldo,avuga ko ari we mukinnyi wa mbere ku isi.
Tiger B ngo iyo atari mukandi kazi umukino akurikirana kurusha indi ni Basketball,afana ikipe ya Lakers iyo yatakajeΒ umukino ngo kurya biranga, umukinnyi akunda yavuzeko ari nyakwigendera kobi
Bryant.
Ikindi wamenya ku cyamamare The Ben yakuze akunda gusenga cyane kandi yanaririmbaga muri korari nubwo yaje gukura akaririmba indirimbo zo ku isi,ariko acishamo agahanga uturirimbo tw’Imana.
The ben aryama amasaha macye cyane,kuko ikindi gihe akimira ari guhiga imiberaho nkuko tw’ese biba bimeze.
I love Tiger B β€οΈπ€ππππππ§‘π€π€