in ,

The Ben yatewe imitoma n’umukobwa w’inkumi washituwe n’ibigango bye

Umuhanzi Mugisha Benjamin wamenyekanye cyane ku mazina ya The Ben akaba numwe mu bahanzi nyarwanda bakomeye ndetse bakunze kugarukwaho cyane hano mu Rwanda kubera ibikorwa bitandukanye bakora bigakundwa na benshi, mu minsi ishize aherutse guterwa imitoma n’umwe mu bafana be wamukundiye ibigango bye. Ni nyuma yuko uyu muhanzi ashyize hanze ifoto ye abinyujije ku rubuga rwe rwa instagram ari nayo yateye uyu mufana we kuyivugaho.

Iyi niyo foto The Ben yashyize hanze

Nkuko benshi mu bafana ba The Ben babitangaje nyuma yuko uyu muhanzi ashyize hanze iyi foto ye bagiye bagaruka ku kuvuga ku micyo uyu muhanzi yagaragaragamo. Uyu muhanzi umaze igihe kitari gito hano mu Rwanda aho yari yaje muri gahunda zitandukanye zirimo no gukomeza umuziki we wa buri munsi bikaba biteganyijwe ko azasubira muri leta zunze ubumwe za Amerika mu minsi ya vuba iri imbere.

Bimwe mu byatangajwe n’abafana ba The Ben

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Sintex – SUPERSTAR

Rayon Sports yanyagiwe na Bugesera FC mu mukino abatoza bari barwaniyemo (dore uko umukino wagenze)