in

The Ben yahaye igisubizo cy’ubwenge umufana we wamubwiye ko adatanga keya (care)

Umuhanzi The Ben utegerejwe mu Rwanda mu mpera z’ icyumweru gitaha mu gitaramo kizabera i Kigali yasubije umwe mu bafana be wamubwiye ko abanyarwanda bamukunda ariko akaba asa nk’utabitaho (udatanga care).

Ni nyuma yuko The Ben yari amaze gushyira kuri instagram videwo ye igaragaza arimo kubyina indirimbo ye yise « Habibi ».

Umwe mu bafana be ukoresha amazina ye The Ben die hard yahise amubaza mu magambo agira ati « Rwandans love you king ariko you seen not to care 🥲 ». Ugenekereje mu Kinyarwanda bishatse kuvuga ngo « Abanyarwanda baragukinda Mwamk ariko ushobora kuba utabyitaho.

The Ben yahise amusubiza mu magambo agira ati « I love and care a lot actually 🤎 ».

Ugenekereje mu Kinyarwanda bishatse kuvuga ngo « Ndakunda kandi nkabyitaho cyane ubusanzwe 🤎 ».

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Rukundo rwanjye ndagukunda ” Kimenyi Yves na Miss Muyango barishije umubu abakoresha instagram

Indaya yasimbutse etaje ndende kubera umugabo w’abandi