in

Indaya yasimbutse etaje ndende kubera umugabo w’abandi

Umugore ukora uburaya yasimbutse etaje y’amagorofa atanu nyuma yo gufatirwa mu nzu y’abandi aca inyuma umugore wubatse ku mugabo we.

Nk’uko byatangajwe kuri instagram ngo uyu mugore yafashwe amashusho asimbuka etaje nyuma yo kwikanga umugore wumugabo bari baryamanye ,maze ahitamo gukizwa n’amaguru ariko anashyira ubuzima bwe mu kaga asimbuka iyi nyubako ndende.

Uwabitangaje yavuze ko ibi byabereye muri Nigeria.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

The Ben yahaye igisubizo cy’ubwenge umufana we wamubwiye ko adatanga keya (care)

Cyaze uri Mwiza! … – Ifoto Miss Uwase Vanessa yapostinze kuri instagram ye yemeje abayibonye