in

The Ben n’umukunzi we Pamela basezeranye kubana akaramata imbere y’amateko (Videwo)

Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 31 Kanama 2022 nibwo habaye umuhango wo gusezerana imbere y’amateko ku ruhande rw’umuhanzi The Ben wiyita The Tiger n’umukunzi we Miss Uwicyeza Pamela.

Ni umuhango wabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 31 Kanama 2022, uyu muhango ukaba wabereye ku murenge wa Kimihurura.

Aba bombi basezeranye ivangamutungo aho bagomba kuvanga byose batunze, bikaba byishimiwe n’abatari bake.

Uyu muhango kandi witabiriwe n’abantu b’ingeri zitandukanye barimo abazwi mu ruganda rw’imyidagaduro mu Rwanda nka Meddy, K8 Kavuyo, Zizou Alpacino, David Bayingana, Alex Muyoboke ndetse n’abandi benshi.

Videwo

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Ntakipe yitwa ko ari nto izongera kumerera amenyo kuri Gasogi United.” KNC yateye abantu ubwoba nyuma yo kwishongora ku makipe yo mu Rwanda

“Ntukaryamane n’umugore utagusohokana” umugore yihanije abagabo