in

Ten Hag yazanye akineneko mu bwongereza iyo yatsinze aha umutoza watsinzwe icupa ry’inzoga ashyira umugore we

Umukino wahuje Manchester United na Charlton Manchester United igatsinda ibitego 3 ku busa, byamenyekanye ko umutoza wa Manchester United yatumiye umutoza wa Charlton iwe mu biro hanyuma baraganira.

Uyu mutoza yavuze ko Ten Hag yamwakiriye neza ndetse ko naganiriye yavuze Kandi ko basangiye inzoga hanyuma Ten Hag amuha icupa rya vino ryo guhsyira umugore ndetse amwongera umupira Rashford yakinishije ubwo yabatsindaga ibitego 2 mu minota 4 gusa.

Manchester United izakina na Nottingham Forest mu gushaka itike ya final ya carabao vip aho amahirwe ahari ari uko bashobora kuzahura na New Castle kuri final mu gihe zose zakwitwara neza.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Reka Meddy akubitwe bifite ishingiro, dore urutonde rw’abahanzi 10 bakize mu Rwanda

Dore amazina ateye isoni abafana ba Rayon Sports bise umukinnyi nyuma yo kumuvugiriza induru ku buryo bukomeye