in

Televisiyo Rwanda yasibye ikiganiro Mutesi Scovia yavugiyemo ko abatuza abaturage ko na bo baba mu manegeka bigatungura umunyamakuru Jean Pierre Kagabo wari wamwakiriye

Televisiyo Rwanda yasibye ikiganiro Mutesi Scovia yavugiyemo ko abatuza abaturage ko na bo baba mu manegeka bigatungura umunyamakuru Jean Pierre Kagabo wari wamwakiriye.

Mu kiganiro imboni cyo ku cyumweru gitambuka kuri Televisiyo Rwanda, Mutesi Scovia na Oswald Oswakim bari abatumirwa.

Muri iki kiganiro cyagarukaga ku miturire kandi hari hatumiwemo abayobozi b’umujyi wa Kigali gusa ntibabonetse.

Muri iki kiganiro, Mutesi Scovia yavuze ko abatuza abaturage na bo batuye nabi, ibintu byatunguye umunyamakuru Jean Pierre Kagabo wari uyuboye ikiganiro.

Iki kiganiro cyari cyashyizwe kuri YouTube ya Televisiyo Rwanda, cyaje gusibwa ku mpamvu zitamenyekanye.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
4 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Consolee
Consolee
11 months ago

Uyumugore ngembona azikoraho pe yagumura abaturage aramutse abaye umuyobozi wumurenge cg wakagali ntacyakorwa icyombona cyo arashaka gusubira mageragere muri nyampinga salle 3

Nshimiyimana Emmanuel
Nshimiyimana Emmanuel
11 months ago
Reply to  Consolee

Uvuga ukuri muramurwanya njye scovia imbere cyane

Sano
Sano
11 months ago
Reply to  Consolee

Kagire inkuru! Mageragere se yabayeyo?

Komezavalentine@ Gmail.com
Komezavalentine@ Gmail.com
11 months ago

Ukuri kuzima

Habereye impanuka ikomeye cyane y’imodoka itwara abagenzi mu buryo bwa rusange aho yagaramye ku kiraro igahita ishya, abagenzi benshi bakabipfiramo

Bishobora kumukoraho! Umukinnyi wa Manchester United waje afatwa nk’igisubizo akomeje kuba iciro ry’imigani nyuma yo gukora amakosa yatumye iyi kipe igarikwa