in

Telephone ya Super manager yamuraburije mu kiganiro ku Isibo Tv

Super Manager ubwo yari mu kiganiro ku Isibo Tv, bamubajije mu kuba yarasinye amasezerano y’ibifefeko hanyuma nawe ashaka guca impaka kugira ngo abereke aho bamwishyuriye.

Umunyamakuru Clement wari wakoze mu kiganiro The choice live akimara gufata Telephone agiye gusoma ubutumwa yohererejwe bw’amafaranga na company hahise hiyandikamo ngo insufficient storage (umwanya ntago uhagije).

Icyatunguye abantu ni ukuntu we yari amaze kwiyemera ko ariwe ufite telephone irenze hano mu Rwanda ko ariyo Joe Biden atunze akaba ari mu kiciro kimwe nawe.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abanyamakuru ba Isibo Tv bavuze uko The Ben yasuzuguye abanyarwanda bose

Vava yahaye gasopo Super manager wavuze ko yamuraranye