in , ,

Team Rwanda yegukanye Grand Prix Chantal Biya irasaba gufatwa nk’andi makipe y’igihugu

Ikipe y’Igihugu y’umukino wo gusiganwa ku magare (Team Rwanda) irasaba ko yajyaifatwa nk’andi makipe akinira Igihugu ku buryo abayikinira bazajya bahabwa agahimbazamusyi n’impamba mu gihe bagiye guhagararira u Rwanda muri uyu mukino. Kuri uyu wa Kabiri tariki 24 Ugushyingo 2020, abakinnyi b’ikipe y’igihugu y’umukino w’amagare bakiriwe n’abayobozi ba FERWACY babashimira uko bitwaye muri Grand Prix […]

The post Team Rwanda yegukanye Grand Prix Chantal Biya irasaba gufatwa nk’andi makipe y’igihugu first appeared on UMUSEKE.

Ikipe y’Igihugu y’umukino wo gusiganwa ku magare (Team Rwanda) irasaba ko yajyaifatwa nk’andi makipe akinira Igihugu ku buryo abayikinira bazajya bahabwa agahimbazamusyi n’impamba mu gihe bagiye guhagararira u Rwanda muri uyu mukino. Kuri uyu wa Kabiri tariki 24 Ugushyingo 2020, abakinnyi b’ikipe y’igihugu y’umukino w’amagare bakiriwe n’abayobozi ba FERWACY babashimira uko bitwaye muri Grand Prix
The post Team Rwanda yegukanye Grand Prix Chantal Biya irasaba gufatwa nk’andi makipe y’igihugu first appeared on UMUSEKE.

Written by

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ubwoko 7 bw’ibiribwa byagufasha mu kugira impumuro nziza no mu kanwa heza kuburyo ushobora kuvugana n’umukunzi wawe useka ntacyo wikanga

Reba ibintu bitangaje ku mubiri w’umuntu dukora buri munsi tutazi icyo bisobanura .