in

Taylor Siwft yahagaritse igitaramo cyari kumwinjiriza amamillion kubera umufana we wapfuye

Umuhanzi Taylor Siwft uzwi mu njyana ya pop yahagaritse igitaramo yagombaga gukorera mu mujyi wa Rio de Janeiro muri Brazil kubera umufana we witabye Imana.

Taylor Siwft yagombaga gukora iki gitaramo ku munsi wo kuwa gatandandu tariki ya 18 Ugushyingo. Taylor ubwo yasubikaga iki gitaramo ntibyashimishije benshi kuko bamwe bari bamaze kugera aho kigomba kubera.

Umufana we yitabye Imana kuwa gatatu tariki ya 17 Ugushyingo aguye mu gitaramo nubundi yari yakoreye muri uriya mujyi wa Rio de Janeiro.

Taylor Siwft yanditse ku rukuta rwe rwa X yerekana ko agomba gushyira imbere imibereho myiza y’abakunzi be. Ati “Umutekano n’imibereho myiza by’abafana banjye, abahanzi dukorana ndetse n’abandi bagize itsinda ryanjye barabigombwa kandi bizahora biza imbere.’’

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Uyu munsi umushumba wa diyoseze ya Kigali Cardinal Kambanda yatanze isakaramentu ryo gukomezwa muri gereza ya Mageragere – Amafoto

Perezida wa Rayon Sport yatanze ukuri kose ku kibazo cya Youssef na Mugadam benshi bari baziko birukanywe