in

Super Manager yandagaje Harmonize uheruka mu Rwanda avuga ko yamwiganye

Umushabitsi Gakumba Patrick wamamaye nka Super Manager yibasiriye Harmonize avuga ko ari umukene kandi ko yaje mu Rwanda yabuze aho ajya.

Mu kiganiro yagiranye na The Choice Live ku Isibo Tv, Super Manager yatangaje ko kuza mu Rwanda kwa Harmonize byari ukubura iyo ajya ndetse ko ari umukene cyane n’amafaranga yatanze, ari Coach Gael  wayamuhaye ngo abeshye abantu ko akize.

Super Manager kandi yavuze ko ibyo gutanga amafaranga yabikoze mu myaka ine ishize ndetse ko ariwe biganye.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Uko abakinnyi ba Rayon Sports n’aba Kiyovu Sports barwaniye mu rwambariro bagakizwa na Polisi (AMAFOTO)

“Agahinda gashira akandi ari ibagara!” Osalue yakuwe mu kibuga ari kurira nk’umwana muto kubera ibyago yahuye nabyo byamushenguye umutima