in

Sunny yashyizwe mu majwi ko ariwe Nyirabuja wa Kazungu Denis wicaga abagore n’abakobwa nyuma yo kubasambanya

Sunny yashyizwe mu majwi ko ariwe Nyirabuja wa Kazungu Denis wicaga abagore n’abakobwa nyuma yo kubasambanya.

“Ariko Sunny nzira iki?” ayo ni amwe mu magambo ya Sunny asubiza umunyamakuru wo kuri YouTube wavuze ko ashobora kuba ari umwe mubahaga Kazungu Denis akazi ko gushaka impyiko.

Sunny yavuze ku muntu wamushyize mu majwi ko ariwe wahaga Kazungu Denis akazi ko gushaka impyiko z’abakobwa.

Mu kiganiro kuri YouTube shene yitwa Kame TV Rwanda, umunyamakuru wayo yashyize mu majwi abagore baba hanze bafite ubutunzi bitazwi aho bwavuye. Yavuze ko bashora mu bantu bari mu Rwanda bakabashakira bimwe mu bice by’umibiri y’abakobwa kuko aba aribo baba bakiri bazima.

Uyu munyamakuru yavuze ko Kazungu ashora kuba yarakoranaga n’abo bagore baba hanze ubundi akabaha izo myiko ubundi bakamuha ayo mafaranga.

Mu bagore yavuze, yashyizemo n’izina rya Sunny wakoranye indirimbo na Bruce Melodie bise kungora.

Nyuma yo kubona ibyo, Sunny yahise agira icyo abivugaho.

Sunny yagize ati: “Ariko Sunny nzira iki?? Bihagaze bite? Uyu nguyu abonye ubutunzi bwanjye ngurisha imbyiko (impyiko) z’abantu [asekamo] Cyakora hano hanze haba inkuru, urakena ukabizira wakira ukabizira.”

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Ufite umuntu uguterese igihe kinini wanze gushyira mu bikorwa? Ngwino utange ituro ryuko muguhaye” Hagaragaye amashusho ya Pastor Yongwe arimo aturisha abantu ku bubi na bwiza none yahise atabwa muri yombi na RIB – VIDEWO 

ADEPR iherutse kuvugisha abatari bake kubera ibendera ry’abatinganyi ryazamuriwe mu rusengero, igiye gushinga Televisiyo y’ikitegererezo