in

Stade ya Huye mu isura ikurura abatari bake nyuma yo gusanwa (Amafoto)

Nyuma y’igihe CAF imaze kwemeza ko nta stade yo mu Rwanda yari yemerewe kuba yakwakira imikino ya Caf aribwo Ferwafa yafashe icyemezo cyo gusana stade ya Huye.

Iyi Stade ikaba yaramaze kuvugururwa ndetse yiteguye kuba yakwikira imikino mpuzamahanga, byitezwe ko umukino wa mbere izakira ari uwa Super Cup uzaba tariki ya 14 Kanama 2022 APR FC izakinamo na AS Kigali.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzikazi ukomeye muri Amerika yakoze ubukwe n’undi mugabo wa kane

Social Mula yishimanye n’umwana we wasoje amashuri (Amafoto)