in

“Stade isigaye yuzura abaje kumureba aho kureba umupira” Umutoza Sydney Carter ukurara abagabo ku kibuga kubera imyambarire n’ubwiza bwe bihebuje – AMAFOTO

Sydney Carter utoza Basketball y’abagore ni umwe mu batoza bazwiho kwambara akaberwa, ndetse abenshi bavuga ko ariwe mutoza uzi kwambara neza ku Isi.

Uyu mugore w’ikimero gikurura abatari bake baza muri stade baje kwirebera ubwiza bwe aho kureba umupira, afite imyaka 32 y’amavuko ni umutoza w’ikipe ya Basketball ya Texas WBBC ikina NCAA Division I, icyiciro gikuru mu byiciro by’amarushanwa y’amashuri.

Sydney Carter yahoze ari umukinnyi wa basketball mu makipe atandukanye arimo Texas A&M University, San Antonio Stars ndetse n’andi atandukanye.

AMAFOTO:

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Real Madrid yongeye kwandagazwa na Real Betis yayihagamye 90 irashira

Umukinnyi w’ikipe ya Rayon Sports ashobora gufatirwa ibihano nyuma yo gukora ikosa rikomeye