in

Sosiyete ya Apple ikomeje urugamba rwo kugura Manchester united akayabo kama Miliyari, dore uko deaal ihagaze kuri ubu

Sosiyete ya Apple ikomeje urugamba rwo kugura Manchester united akayabo kama Miliyari, dore uko deaal ihagaze kuri ubu.

Mu ntangiriro ziki cyumweru, abakire ba Manchester United batangaje amakuru ko iyi kipe iri kugurishwa.

Nk’uko byatangajwe na Daily Star, isosiyete ikora ibijyanye n’ikoranabuhanga nini ku isi, Apple, ishobora kuba ishishikajwe no kugura iyi kipe miliyali 5.8 z’amadorali.

Isosiyete ikora ibijyanye n’ikoranabuhanga ikorera muri Californiya ntabwo yigeze itunga ikipe ikomeye y’umupira w’amaguru, ariko kuva Man Utd yarashyizwe ku isoko Apple ivuga ko arikintu cyambere mubyifuzo byabo.

Umuyobozi mukuru wa sosiyete ya Apple Tim Cook akomeje kwerekana ko ashishikajwe no gufata inshingano kandi zikomeye muri Old Trafford.

Written by Charry

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Umutoza Cassa Mbungo wa AS Kigali ntabwo yemeranya n’abavuga ko Rayon Sports ikomeye kubera impamvu itangaje, yanahishuye amakipe ayirusha gukomera

Gasabo: Umusore yakubiswe umikoropesho kugeza yitabye Imana bituma abaturanyi be barya karungu bashaka nyiri umikoropesho

  • https://stream.zeno.fm/0fzvslccgngvv
  • YEGOB LIVE
  • YEGOB LIVE
  • https://stream.zeno.fm/h8a8g1chaxhvv
  • YEGOB RADIO
  • YEGOB RADIO