in

Ubukwe bwahumuye! Soleil wo muri filime ya Bamenya ati “Mwese muratumiwe.” -AMAFOTO

Umukinnyikazi wa filime z’uruhererekane hano mu Rwanda uzwi kw’izina rya Soleil muri filime ya Bamenya yatunguye abantu.

Mu butumwa yacishije ku rukuta rwe rwa Instagram yashyizeho ifoto arikumwe na Kanimba bakina muri Bamenye arangije arenzaho amagambo agira ati “Mwese muratumiwe.”

Ni ubutumwa yakurikije integuza y’ubukwe bwe na Kanimba.

Bwamwe bati “Ni filime nshya.” abandi bati “Urugo ruhire.”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Ayo mafaranga yose se ninge uzaba ugiye kurongorwa” Amafaranga The Ben na Pamella batse abatazagera aho ubukwe buzabera akomeje gutera impagarara -AMAFOTO

Amashusho y’urukozasoni y’abanyeshuri biga mu kigo cy’Abadivantisite kigisha ubuforomo, yaciye igikuba mu banyeshuri