in

Soleil wo muri Bamenya Series wakoranye ubukwe na Kanimba, yiseguye ku bantu bose bari baziko yashyingiwe (VIDEWO)

Soleil wo muri Bamenya Series wakoranye ubukwe na Kanimba yiseguye ku bantu bose bari baziko yashyingiwe.

Kuri uyu munsi wo ku wa Kane tariki 17 Ugushyingo 2023 nibwo ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye hasakaye amafoto y’ubukwe bwa Soleil na Kanimba.

Ibi byabaye nyuma ya save the date bari basohoye mu minsi yashize.

Mu mashusho mato Soleil yifashe, yavuze ko atari ubukwe ko ahubwo byari filime aho yahise yisegura ku bakunzi be.

(VIDEWO)

Report

What do you think?

2.2k Points
Upvote Downvote

Written by OLIVIER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza watuvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Iradukunda Elie Tatou yirukanwe mu Mavubi makuru ngo ni umwana ageze no muri U18 bahise bamwirukana atari yakora n’imyitozo

Umunyarwandakazi ni ugira isoni! Juwayeze wihebeye Juno Kizigenza, yahuye na Chriss Eazy maze isoni ziramwica abura aho akwirwa – VIDEWO