in

Sobanukirwa ku hazaza ha Lionel Messi.

Umugabo w’umunyargentine Lionel Messi yatangaje ko ubu uyu munsi atahita avuga kuho azanjya muri ino Sezo itaha, ariko yemeza ko ukwezi Kwa kamena ari ukwezi kuzasiga ikipe azerekezamo imenyekanye.

Mu makipe avungwa ko amushaka harimo Barcelona yo mu gihugu cya “Espain” ikaba ifatwa nki kipe ya mureze nubwo bikigoranye kubera ikibazo bya “Financial Fair Play” amategeko ajyenga imigurire ni migurishirize y’abakinnyi , gusa kuri iki kibazo ikipe ya Barcelona yari yasabye ishyirahamwe rishinzwe ibyamarushanwa muri “Espain” Laliga kwiga kucyibazo cya Messi Lionel bakareba ko yagaruka murino shampiyona.

Indi kipe imushaka ni Al Hilal iyi kipe mu kwezi gushije Kwa mata yatangaje ko yitego gutanga Amafranga “€ 400m” miliyoni maganane za mayelo kuri buri mwaka w’imikino igisigaye kwari ukwemera ku mukinnyi ku giti cye.

Biteganyije ko rero Lionel Messi azatangaza aho azerekeza muri Kamena

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umutoma: Mpobera Unjombe Ako Kananwa, Nushaka Ibitugu Ubitobore (wusome wose)

Dore ubwoko 6 bw’inshuti umuntu agomba kuba afite mu buzima bwe