in

Sitade ya Kigali Pele Stadium mu isura nshya – AMAFOTO

Sitade yahose ari iya Kigali Regional Nyamirambo yamaze guhindurirwa izina yitwa Kigali Pele Stadium, nyuma y’ubusabe bwa FIFA yasabye ko buri gihugu kigira sitade yitiriwe Pele uherutse kwitaba Imana.

Kuri uyu wa Gatatu tariki 15 Werurwe 2023, nibwo Perezida wa FIFA Gianni Infantino ari mu Rwanda akaba ari nawe wamuritse iyi sitade.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Sibyo bajama” Martin nyirijabo mu makuru kuri RBA yasekeje abantu (Video)

Nadia wakundanaga n’umuhanzi AKA yagaragaje ubutumwa bwa nyuma bandikiranye mbere y’uko bamurasa agapfa