in

Sinzi ko Bwiza hari umuntu uzamuhagarika: Amashusho agaragaza Bwiza akurubanwa n’abafana baririmba izina rye yashimangiye ko ari mu bahanzikazi bafite igikundiro(Videwo)

Umuhanzikazi Bwiza umaze igihe kijya kungana n’imyaka 2 mu muziki nyarwanda yashimangiye ko asigaye ari mu bahanzikazi bafite igikundiro n’abafana benshi.

Mu mashusho yashyize kuri Instagram ye agaragara yinjira ku rubyiniro yishimiwe n’abafana benshi baririmba izina rye n’amajwi ari hejuru.

Kuri ubu Bwiza afashwa n’inzu ireberera inyungu z’abahanzi yitwa ‘Kikac Music’ ari nayo ibarizwamo umuhanzi Mico The Best.

Reba video hasi..

https://www.instagram.com/p/Co9tqtgMvtP/?igshid=NTdlMDg3MTY=

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

UCL: Manchester City yateye ikirenge nk’icyandi makipe yose ahagarariye u Bwongereza muri Champions League

Yegoko mukecuru we, Amafoto mashya Shaddy Boo yatumye yongera kwibutswa ko ashaje ari umukecuru(Amafoto)