in

Shiboub avunnye urutirigongo rwa APR FC

Sharaf Eldin Shiboub Ali Abdelrahman ukomoka mu gihugu cya Sudani akaba yakiniraga ikipe ya APR FC, yasabye iyi kipe ko yamurekura akajya gushakira ahandi.

Shiboub yari asigaje amasezerano y’umwaka umwe muri iyi kipe  aho yari yayigezemo mu ntangiriro z’umwaka w’imikino wa 2023-24 asinya imyaka ibiri.

Uyu mukinnyi ukubutse mu ikipe y’igihugu ya Sudani, yaraje abonana n’ubuyobozi bwa APR FC abusaba ko bwamurekura kuko yabonye indi kipe muri Libya yakwerekezamo.

Ni nyuma y’uko bari bemereye aba bakinnyi b’abanyamahanga ko uzabona ikipe yazaza bakumvikana

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Rayon Sports WFC nayo yanyujijemo umweyo yirukana abakinnyi 7 icyarimwe

Ifoto nziza iteye ubwuzu y’umwana wa Lick Lick arikumwe na Mama we.