in

Shadyboo yatanze imwe muri service ze ntiyishyurwa afata umwanzuro wababaje benshi

Umunyamideri Shadyboo ukunzwe n’abantu benshi haba hano mu Rwanda bdetse no mu mahanga, yatangaje icyatumye atitabita ugitaramo yari yatumiwemo mu Burundi kandi yari yarabahaye service yo kucyamamaza.

Shadyboo abicishije kuri Instagram yavuze ko yanze gukorana n’abantu badafite ubushobozi ahitamo guhita asubika kujya muri icyo gitaramo abakunzi be bababazwa cyane n’uko batabonye kumubona imbona nkubone.

Ibitaramo kubitegura bisaba amafaranga ahagije ndetse iyo atabonetse kandi byarateguwe niho hava amakimbirane yo kwanga kwishyurwa, ni byo uyu munyamideri yanze ko byamubaho ahitamo gusubika uru rugendo.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kuri Twitter: Wa mukobwa wavugishije benshi kubera kwambara ibisa nk’ubusa bamukoreye umuti

Abantu batunguwe n’umwarimu ubanza kwiyambura imyenda mu mugezi agiye kwigisha(video)