in

Abantu batunguwe n’umwarimu ubanza kwiyambura imyenda mu mugezi agiye kwigisha(video)

Ku mbuga nkoranyambaga abantu batangajwe n’umwarimu ukunda akazi ke aho abanza guca ku mugezi akabanza kuvanamo imyenda kugirango abone uko yambuka agere ku kazi.

Guhangana n’imbogamizi zo kwigisha mumashuri yo mucyaro muri Gana birashobora kuba bitoroshye ku baturuka kure.

Ariko umwarimu wimyaka 36 yateguye uburyo budasanzwe bwo kwirwanaho agiye ku ishuri mugihe uburyo bwimodoka busa nkibidashoboka.Uyu mwarimu utuye mu birimetero 9 uvuye ku ishuri yigishaho bivugwa ko aca mu mugezi akabanza kwiyambura akoga hanyuma agakomeza urugendo na moto amaze kwambuka umugezi munini.

Uyu mwarimu wishuri rya Lonpe MA, Kwame Mensah, yagiye ahagaragara nyuma yuko bimaze kuvugwa ko aca mu mugezi agiye kwigisha ku ishuri riherereye mu karere ka Amajyaruguru.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Shadyboo yatanze imwe muri service ze ntiyishyurwa afata umwanzuro wababaje benshi

Umuhungu w’imyaka 16 yambitse impeta mwarimu we