in

Shaddyboo yababajwe n’abantu batabara abagize ibyago hari izindi nyungu babifitemo

Umushabitsikazi ku mbuga nkoranyambaga uzwi nka Shaddyboo yihanangirije ndetse anenga abantu bararikira kurya utwabandi bityo abantu bakaba barataye ubumuntu n’umuco wo gufashanya kubera ba rusahurira mu nduru bamaze kuba benshi.

Yagize ati “Irari ry’ibintu n’amafaranga byasubye ubumuntu bwanyu, ku buryo nushaka gutabara ubabaye bisigaye bimugora, kubera inda nini zanyu zo gukunda ibintu mwiyita abagiraneza mugamije kurira kubababaye.”

Nyuma y’aho yongeraho ijambo rimwe rigira riti “Mwisubireho”.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Leny Yoro ashobora Kumara igihe atari mu Kibuga nyuma yo Kuvunika

Rayon Sports Imanuye Umwataka W’umunya-Gabon