in

Shaddy Boo yeretse Bruce Melodie na The Cat Babalao ko akiri umwami w’imbuga nkoranyambaga mu Rwanda

Icyamamare ku mbuga nkoranyambaga, Mbabazi Shadia wamammaye nka Shaddy Boo akaba nimero ya mbere mu bakurikirwa n’abantu benshi ku mbuga nkoranyambaga by’umwihariko ku rubuga rwa Instagram, yamaze guca agahigo ko kuba umuntu wa mbere ukurikiranwa n’abantu benshi ku rubuga rwa Threads mu Rwanda ahigitse abarimo Bruce Melodie na The Cat Babalao.

Kugeza ubu Shaddyboo niwe ukurikiranwa n’abantu benshi ku rubuga rwa Threads, aho akurikiranwa n’abarenga ibihumbi 30, umuhanzi bruce Melodie agakurikiranwa n’inihumbi 20.7, mu gihe The Catbabalao wamamaye ku mbuga nkoranyambaga akurikiranwa n’ibihumbi 21.5.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ahisemo neza: Umurundi wari utegerejwe mu makipe atatu akomeye mu Rwanda birangiye ahisemo ikipe izasohokera igihugu mu mikino nyafurika -AMAFOTO

Ntabwo narara ntasinziriye ngo ni ugishaka umukinnyi! Uwayezu Jean Fidel yantenze bikomeye umuperezida w’ikipe urara amajoro ngo ni ukugirango agure umukinnyi