in

Sergio Ramos yatangaje amagambo akomeye kuhazaza he mw’ikipe ya Paris Saint Germaine

Sergio Ramos umunya Esipanye ukina mu mutima w’ubwugarizi mu ikipe ya Paris Saint Germaine yatangaje ko ibyo kuguma mu ikipe ya PSG bazabireba nyuma yuko umwaka w’imikino uzaba urangiye .


Sergio Ramos wageze muri Paris Saint Germaine avuye muri Real Madrid yakiniye imyaka irenga cumi n’itanu agasinya masezerano y’imyaka ibiri muri Paris Saint Germaine ubwo yabazwaga kuhazaza he muri PSG mu magambo ye yagize ati
“Ndiyumva neza hano. Ndatekereza gukina gusa no kwitwara neza hano ntakindi!” Yongeraho ati “gusinya amasezerano mashya hano? tuzabireba mu mpera za Season.”

Ramos w’imyaka 36 y’amavuko werekeje mu ikipe ya PSG kuva muri 2021avuye muri Real Madrid yakireyemo amateka amaze gukinira Paris Saint Germaine imikino 23 ayitsindira Ibitego bibiri.

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

IFOTO Y’UMUNSI: Abana b’Imfura na Bucura ba Tom Close

“Yewe uziko Rusine yapfunduye”-Umunyarwenya Rusine yahawe urwa menyo nyuma yo kwambikwa isutiye