Ikipe ya Musanze Fc yiyongereye ku rutonde rw’andi makipe yatangiye imyitozo, ni nyuma y’ibyumweru bibiri yari imaze mu mwiherero wari ugamije kubafasha gutegura shampiyona y’umwaka w’imikino wa 2020-2021. Seninga Innocent utoza iyi kipe yavuze ko ashaka kongra kwigaragaza izina rye rigakanguka. Abakinnyi 32 ni bo batangiye imyitozo kuri uyu wa kabiri tariki ya 03 Ugushyingo. […]
The post Seninga muri Musanze FC ati “Ndashaka kubyutsa izina Seninga rikongera kumenyekana” first appeared on UMUSEKE.
Ikipe ya Musanze Fc yiyongereye ku rutonde rw’andi makipe yatangiye imyitozo, ni nyuma y’ibyumweru bibiri yari imaze mu mwiherero wari ugamije kubafasha gutegura shampiyona y’umwaka w’imikino wa 2020-2021. Seninga Innocent utoza iyi kipe yavuze ko ashaka kongra kwigaragaza izina rye rigakanguka. Abakinnyi 32 ni bo batangiye imyitozo kuri uyu wa kabiri tariki ya 03 Ugushyingo.
The post Seninga muri Musanze FC ati “Ndashaka kubyutsa izina Seninga rikongera kumenyekana” first appeared on UMUSEKE.