in ,

Selena Gomez yahishuye ikintu gikomeye yakoze mbere yo guhindurirwa impyiko (iyumvire)

Umuhanzikazi Selena Gomez wamenyekanye hirya no hino ku isi kubera indirimbo zitandukanye yagiye ahimba zigakundwa ndetse n’ibitaramo bitandukanye yakoreye hirya no hino bigatuma amenywa n’abatari bake, ku munsi w’ejo yatangaje ko mbere yuko ahindurirwa impyiko yatangaje ko yamaze igihe kingana n’amezi abiri yose mu bitaro, ibi byaje gutungura abantu batari bake.

Selena Gomez

Nkuko tubikesha Hollywoodlife, Selena Gomez yatangaje ko mu gihe kingana n’ibyumweru bibiri aricyo yamaze mu bitaro mu gihe yari ategereje kuba yakorerwa ibizamini ari nabyo byaje gutuma ahindurirwa impyiko ibi akaba atarigee abivuga mbere. Nyuma yuko, Selena Gomez atangaje ibi byatunguye abantu batari bake.

Selena Gomez ari kumwe n’umukobwa w’inshuti ye wanamuhaye impyiko

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amagambo Jose Mourinho yatangaje ku mukinnyi Wayne Rooney yatumye benshi bamuha icyubahiro

Rihanna mu myambaro adasanganywe yatunguye abantu benshi bitewe n’umubiri we (amafoto)