in ,

Sasha Obama yasomanye bikomeye n’umusore mu gitaramo abari bahari bakekako bitarangirira aho (amafoto)

Sasha Obama, umukobwa w’uwahoze ari Perezida wa leta zunze ubumwe za Amerika ariwe Barack Obama ku munsi w’ejo ubwo yari mu gitaramo cya Lalapalooza concert yasomanye bikomeye n’umusore bahahuriye abantu barumirwa bamwe banakeka ko bitari buze kurangirira aho.

Nkuko tubikesha mtonews, Sasha Obama yasomanye cyane n’uyu musore uzwi ku mazina ya Matt abantu benshi bahise banakeka ko baba barahise baba inshuti cyane kuko ngo banahise batahana. Nubwo ibi byose byavuzwe ariko aba bombi ntawagize icyo atangaza ku mubano mushya baba bafitanye magingo aya.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Imyambarire ya Beyonce yongeye kuvugisha abantu batari bake (amafoto)

Iyumvire amagambo Thierry Henry yavuze kuri Lionel Messi na Cristiano Ronaldo yababaje abatari bacye