in

Sam Karenzi yayobewe icyabaye ku mutoza wa Kiyovu Sports bigatuma abwira abasifuzi bo mu Rwanda ko ari abiyemezi

Sam Karenzi yayobewe icyabaye ku mutoza wa Kiyovu Sports bigatuma abwira abasifuzi bo mu Rwanda ko ari abiyemezi.

Ku munsi w’ejo hashize nibwo umutoza wa Kiyovu Sports, Petros yifatiye ku gahanga abasifuzi bo mu Rwanda.

Yabikoze nyuma y’umukino wahuje ikipe ya Kiyovu Sports atoza aho yatsindaga ikipe ya Gorilla.

Nyuma yo kubona amwe mu magambo uyu mutoza yavuze, umunyamakuru Sam Karenzi yatunguwe no kubibona.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa X yahoze yitwa Twitter, Sam Karenzi yagize ati: “Uyu mutoza wa SC Kiyovu Sports ubusanzwe ko yitonda byamugendekeye bite?”

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru itari nziza: Amakipe abiri akomeye hano mu Rwanda ntazitabira shampiyona

Ikipe ikomeye hano mu Rwanda nyuma yo gutsindwa yatumijeho inama y’igitaraganya kubera umutoza arimo kushinja bamwe mu bakinnyi be kwitsindisha kugirango yirukanwe