in

Sam Karenzi yatangaje benshi nyuma yo kuvuga ikintu atazabasha mu gihe Uwayezu Jean Fidel yaba afashije Rayon Sports kugera mu Amatsinda ya CAF Confederations Cup

Sam Karenzi yatangaje benshi nyuma yo kuvuga ikintu atazabasha mu gihe Uwayezu Jean Fidel yaba afashije Rayon Sports kugera mu Amatsinda ya CAF Confederations Cup

Umunyamakuru w’imikino ukunzwe na benshi hano mu Rwanda Sam Karenzi yatangaje ko atazabona icyo avuga mu gihe ikipe ya Rayon Sports yagera mu Amatsinda ya CAF Confederations Cup ku ngoma ya Uwayezu Jean Fidel.

Ibi uyu mugabo ukora kuri Radio Fine FM yabitangaje kuri uyu wa Kabiri, ubwo basesenguraga uko ikipe ya Rayon Sports ikwiye kwitwara mu mukino wo kwishyura kugirango ibashe gukuramo Al Hilal Benghazi.

Sam Karenzi ntabwo akunze kuvuga neza perezida wa Rayon Sports Uwayezu Jean Fidel Kubera ibinti yabonaga muri iyi kipe bitaranozwa neza ariko ubona ko ntamutima mubi ahubwo ari ukurwanira ishyaka ikipe akunda.

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nta kongera gutegereza iminota 30! Imihanda 3 yo mu mujyi wa Kigali yahariwe imodoka zitwara abagenzi rusange kugira ngo abatega izi modoka bihute

Kigali-Rwamagana: Ikamyo yari itwaye gas(gaze) yagonganye n’imodoka yo mu bwoko bwa Toyota maze umuhanda uhita ufungwa