in

Sam Karenzi yagiriye inama abafana ba Rayon Sports nyuma yuko basabwe n’ubuyobozi gutanga miliyoni 40 zo kugura Muhire Kevin

Kuri uyu wa Kabiri tariki 18 Kamena 2024 nibwo ubuyobozi bwa Rayon Sports bwasabye abafana bayo gutanga agera kuri Miliyoni 40 Rwf zo kugura Muhire Kevin.

Nyuma y’iri tangazo, umunyamakuru wa Fine FM, Sam Karenzi yagiriye inama abafana ba Rayon Sports, ababwira ko gutanga miliyoni 40 Rwf zidahagije ahubwo batanga 200 Frw ubundi bakagura abakinnyi benshi kandi bakomeye, doreko yabibukije ko ikipe ari iyabo.

Mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa X, Karenzi yagize ati “Abarayon million 1 ubu mutanze 2k buri muntu ntimwabona million 200k zo kugura abakinnyi, ko Muhire atazakina wenyine? Cyangwa mwibagiwe ko ubu ikipe ari iyanyu itakiri iy’abantu bamwe!”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Yakumbuye akanyenyeri k’abafana ba Rayons! Hértier Luvumbu yamaze gushyira ubwenge ku gihe maze asaba imbabazi, ubuyobozi bwa Rayon Sports

“Ikibazo rero sibo ahubwo ninjye” Omborenga Fitina watandukanye na APR FC, yatangaje ko ntako ubuyobozi bwa Rayon Sports butagize ngo ashyire umukono ku masezerano muri iyi kipe